Dr Mugenzi yasimbuye kuri uyu mwanya Jean Claude Musabyimana, naho Dr Mark Cyubahiro Bagabe akaba asimbuye Dr Ildephonse ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa ...
Watangiriye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko aho yunamiwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, abayobozi mu nzego nkuru z'Igihugu, abagize umuryango we, inshuti n’abavandimwe n’abakoranye ...
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 200 Ubwami bwa Lesotho bumaze bubayeho, ...
President Paul Kagame and his Latvian counterpart Edgars Rinkēvičs have emphasised the importance of deeper economic and political cooperation between Rwanda and the European country.
President Paul Kagame of Rwanda, on Wednesday participated at the solemn flower-laying ceremony at the Freedom Monument in Riga, the capital of Latvia. The Rwandan leader was accompanied at the ...
President Paul Kagame, on Monday, September 30, made new appointments across various departments, according to a statement for the Prime Minister's Office. Frank Gatera was appointed Permanent ...
In a letter to two senators who accused the NBA of "putting profit over principle" for partnering with Rwandan dictator Paul Kagame, deputy commissioner Mark Tatum described how the league has ...
Rwanda and the Democratic Republic of Congo may soon hold talks which could culminate in signing an agreement that could pave way for resumption of relations. President João Manuel Gonçalves Lourenço ...
Ntare Louisenlund School yatangiye kubakwa mu 2019 ku gitekerezo cy'abize muri Ntare Secondary School, ishuri ryizwemo na Perezida w'u Rwanda Paul Kagame kuva mu 1972 kugeza mu 1976 ndetse na Perezida ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Muri ibi birori Minisitiri w’Intebe wari ahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimiye iki kigo cya CRBC kubw’imyaka 50 ishize gikora ibikorwa bitandukanye. Yavuze ko iyi myaka 50 ari iyo ...