Yagize ati “U Rwanda ruhangayikishijwe n’umutekano warwo kandi ibi bigomba gushakirwa umuti mu nzira zisanzweho zo gukemura ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wose ibihugu byombi byari bifitanye mu bya dipolomasi, Abadipolomate b’iki Gihugu bategekwa kuba bavuye ku butaka bw'u Rwanda mu ...
Kuri uyu wa Mbere inzego z'umutekano z'u Rwanda zirimo Ingabo na Polisi, zatangiye ibikorwa bigamije iterambere n'imibereho myiza y'abaturage muri uyu mwaka wa 2025. Mu Mujyi wa Kigali izi nzego ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu bose bafite ‘uburenganzira bwa muntu’ bityo nta muntu cyangwa Igihugu gifite ububasha bwo kugena abagomba kubaho no kutabaho. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri iki ...
Polisi y’u Rwanda ifite Ishami ryitwa Canine Brigade ririmo imbwa zirenga 100 zifashishwa mu gusaka no gutahura ibisasu, ibiturika ndetse n’ibiyobyabwenge ku bibuga by’indege n’ahahahurira abantu ...
Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje guhuruza amahanga ngo afatire u Rwanda ibihano, bukaba bwaragaragaje ko bwifatanyije na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mugambi ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results